Ibyo Ukeneye Kumenya Kugira Utsindire Amasoko ya Leta (Igice Cya Kabiri)
Ba Rwiyemezamirimo benshi bakiri bato bazi ko ibijyanye n'amasoko ya leta ari ubwiru kandi Hari abo byagenewe mees ko bo atari ibyabo. Ariko siko kuri. Amasoko ya leta afite ibyo akurikiza kandi ibo akurikiza ntabwo ari ibanga. Ni ubumenyi buri wese akwiye kumenya. Muri ino nkuru, turabasangiza igice cya kabiri kubijyanye n'amasoko ya leta.
Twihugure Ku Imisoro: - Ibihano by’Umusoro Ku Nyongeragaciro- Igice Cya Kabiri
Nkuko twabivuze mu nkuru ibanziriza iyi ku umusoro nyongeragaciro, ni Itegeko. Iyo utubahirije Itegeko ryashwizweho bikurura ibihano/ihazabu. Ese kubijyanye no kutubahiriza umusoro nyongeragaciro hatehaganywa iki? Wari uzika hari nigihembo/amashimwe agenerwa uwabashishe kumenyakanisha ukwepa imisiro?
Twihugure Ku Imisoro:Umusoro Ku Nyongeragaciro-Igice Cya Mbere
Nta misoro igihugu ntabwo cyakubakwa nkuko bikwiye. Ni inshingazo za buri munyarwanda n'umutura Rwanda wese gutanga imisoro iteganyijwe maze buri wese agire uruhare mu iterambere ry'igihugu. Sobanukirwa umusoro ku Nyongeragaciro Igice Cya Mbere
Ni Gute Wabona Igishoro Cyo Gutangiza Bisinesi?
Ese abanto bakora bizinesi ni he bakura igishoro? Wari wibaza iki kibazo aho cyangwa uburyo bwuko wabona igishoro cyo gutangira bizinesi?
Impamvu Banki Zitaguriza ba Rwiyemezamirimo Batangira
Ba Rwiyemezamirimo batangira bahura n'imbogamizi zuko kubona igishoro ari ikibazo gikomeye. Iyo bagerageje kwegera banki nazo bavuga ko zibatera utwatsi. Muri ino nkuru turabasangiza zimwe mu mpamvu banki zitajya ziguriza ba Rwiyemezamirimo bagitangira batarafatisha mubikorwa by'ubucuruzi biyemeje.
Bizinesi Eshanu (5) Ushobora Gutangira Nta Gishoro
Gutangira kuri benshi biragora kubera ko hari ikibazo cyo kubona igoshoro. Ariko se buri wese utangira ni uko abafite igishoro kinini? Oya. Kenshi bitewe na bizinesi hari bizinesi zitangira ari ntoya bidasabye igishoro gihanitse.
Ibyo Ukeneye Kumenya Utsindire Amasoko ya Leta (Igice Cya Mbere)
Ba Rwiyemezamirimo bafite bizinesi ntoya bakeka ko gutsindira isoko ryo gutanga serivisi cyangwa ibicuruzwa kuri leta Hari abo byahariwe mbese bo bitabareba. Ntabwo aribyo. Kenshi amasoko ya leta y'u Rwanda Hari uburyo atangwa mbese kuburyo buri wese yemerewe guhatana pfa kuba yujuje ibisabwa.
Ibibazo byo Kwibaza Kugira Umenya Niba Ibyo Urimo nka Rwiyemezamirimo Bifite Umumaro
Waba Rwiyemezamirimo cyangwa umuntu ufite akazi ushinzwe ibintu runaka ni gute kumenya ko ibyo urimo gukora bifite umumaro? Kenshi ibyo tuba byose si uko bigira umumaro.
Impamvu Nyamukuru Zituma Ba Rwiyemezamirimo Bagitangira Batsindwa
Bivugwa kenshi ko imo utangiye bizinesi amahirwe menshi iya mbere idacamo nkuko wabipanze kugeza aho utsindwa bizinesi igafunga imiryango. Hari impamvu nyinshi zituma ba Rwiyemezamirimo bagitangira batarasobera batsindwa. Nakoze ubushakashatsi mbaza ba Rwiyemezamirimo bageze kurwego rushimishije ndetse ngerageza no gushaka amakuru mu bitabo bivuga kuri bizinesi.
Itangazo rya RDB Rireba Sosiyete z'Ubucuruzi Kubarura ba Nyiri Inyungu Nyawe
Ikigo RDB kirasaba kikanashishikariza abantu bafite amasosiyete y'ubucuruzi yanditse muri RDB kumenyekanisha abanyamigabane (ba nyiri inyungu nyabo) bitarenze taliki 31 Ukwakira 2023
Burya stress ni imwe mu ndwara yibasira inkoko
Wari Uziko?
Sarura Neza kandi Uhunike Ibijumba Wiyongerere Inyungu
Sarura uhunike ku buryo bworoshye, biguheshe gucuruza mu gihe ibijumba bizaba byabuze byongeye agaciro ku isoko