Kwandikisha Umushinga/Ubucuruzi mu Rwanda.
Bikorwa online; Uburyo bworoshye cyane kandi bwihuta.
Amakuru y' Ibanze Ukeneye Kumenya Mbere yo Kwishyura Imisoro mu Rwanda, uku Kwezi.
Ntimucikanwe n’ Italiki ntarengwa n' Amakuru y' Ingenzi.
IVUGURURA KU BICIRO BY’ IBIGORI
Bishingiye ku kuba bihunguwe cyangwa bidahunguwe ndetse n’ ikigero byumyeho
IBIBAZO 5 UKWIYE KWIBAZA MBERE YO GUTANGIRA UMUSHINGA
Ubumenyi bw' Ibanze ku mushinga
INYUNGU UHESHWA NO KWANDIKISHA UMUSHINGA/BIZINESI
Si ukwemerwa n'amategeko gusa. Hari uburenganzira n' inyungu biguha
Ibintu byo kumenya mbere yo kwandikisha umushinga mu Rwanda(RDB)
Birashoboka Online 100%
MENYA IBINTU BITATU BYAZAHAJE UBUCURUZI MU RWANDA
Mu byukuri ni utuntu tw’ ibanze abantu benshi badakunze kwitaho.
ABAHINZI MUHEREREYE I HUYE NTIMUCIKANWE KU MAHIRWE Y’ UBUTAKA
Mu karere ka Huye habaruwe ubutaka burenga hegitari 158 zitabyazwaga umusaruro kuri site zirenga 50
Inkuru ya Rwiyemezamirimo Wagize Urugendo Rutoroshye
Dore Ibintu 4 by’ Ingenzi Josiane Yitwararitse Kugirango Salon ye Ishinge Imizi
Umutekano wa Tin Number Yawe Ubu Urarinzwe Ntamuntu Wayiyitirira
Hehe no kongera kwitirirwa ibyo utaranguye kuri tin number yawe!
Koherereza Ibicuruzwa Hanze Y’igihugu (Igice Cya Mbere)
Ushobora kuba wibaza ese wakora iki ngo ibyo ukora nka Rwiyemezamirimo ubyoherereze hanze y’igihugu. Sibyo? Nka Rwiyemezamirimo muta ugitnagira rwose menya ko ibyo ukora wanabicuruza hanze mugihe wabonye ababikeneye. Soma iyi nkuru maze usobanukirwe inzira ucamo ngo bishoboke ucuruze ibyo ukora hanze y'igihugu.
Inama Zagufasha Niba Ushaka kuba Rwiyemezamirimo (Igice cya Mbere)
Abantu benshi bifuza gutangira bizinesi zikomeye. Uko baba benshi ariko benshi muri abo ntabwo baba biteguye neza gutangira byigihe kirambye. Mu gihe utari waba tayali 100% hari ibyo wakora byagufasha kwitegura kuba rwiyemezamirimo mwiza.'