Amakuru y' Ibanze Ukeneye Kumenya Mbere yo Kwishyura Imisoro mu Rwanda, uku Kwezi.
Ntimucikanwe n’ Italiki ntarengwa n' Amakuru y' Ingenzi.
IVUGURURA KU BICIRO BY’ IBIGORI
Bishingiye ku kuba bihunguwe cyangwa bidahunguwe ndetse n’ ikigero byumyeho
Ibintu byo kumenya mbere yo kwandikisha umushinga mu Rwanda(RDB)
Birashoboka Online 100%
ABAHINZI MUHEREREYE I HUYE NTIMUCIKANWE KU MAHIRWE Y’ UBUTAKA
Mu karere ka Huye habaruwe ubutaka burenga hegitari 158 zitabyazwaga umusaruro kuri site zirenga 50
Umutekano wa Tin Number Yawe Ubu Urarinzwe Ntamuntu Wayiyitirira
Hehe no kongera kwitirirwa ibyo utaranguye kuri tin number yawe!
Twihugure Ku Imisoro: - Ibihano by’Umusoro Ku Nyongeragaciro- Igice Cya Kabiri
Nkuko twabivuze mu nkuru ibanziriza iyi ku umusoro nyongeragaciro, ni Itegeko. Iyo utubahirije Itegeko ryashwizweho bikurura ibihano/ihazabu. Ese kubijyanye no kutubahiriza umusoro nyongeragaciro hatehaganywa iki? Wari uzika hari nigihembo/amashimwe agenerwa uwabashishe kumenyakanisha ukwepa imisiro?
Twihugure Ku Imisoro:Umusoro Ku Nyongeragaciro-Igice Cya Mbere
Nta misoro igihugu ntabwo cyakubakwa nkuko bikwiye. Ni inshingazo za buri munyarwanda n'umutura Rwanda wese gutanga imisoro iteganyijwe maze buri wese agire uruhare mu iterambere ry'igihugu. Sobanukirwa umusoro ku Nyongeragaciro Igice Cya Mbere
Impamvu Banki Zitaguriza ba Rwiyemezamirimo Batangira
Ba Rwiyemezamirimo batangira bahura n'imbogamizi zuko kubona igishoro ari ikibazo gikomeye. Iyo bagerageje kwegera banki nazo bavuga ko zibatera utwatsi. Muri ino nkuru turabasangiza zimwe mu mpamvu banki zitajya ziguriza ba Rwiyemezamirimo bagitangira batarafatisha mubikorwa by'ubucuruzi biyemeje.
Ibyo Ukeneye Kumenya Utsindire Amasoko ya Leta (Igice Cya Mbere)
Ba Rwiyemezamirimo bafite bizinesi ntoya bakeka ko gutsindira isoko ryo gutanga serivisi cyangwa ibicuruzwa kuri leta Hari abo byahariwe mbese bo bitabareba. Ntabwo aribyo. Kenshi amasoko ya leta y'u Rwanda Hari uburyo atangwa mbese kuburyo buri wese yemerewe guhatana pfa kuba yujuje ibisabwa.
Itangazo rya RDB Rireba Sosiyete z'Ubucuruzi Kubarura ba Nyiri Inyungu Nyawe
Ikigo RDB kirasaba kikanashishikariza abantu bafite amasosiyete y'ubucuruzi yanditse muri RDB kumenyekanisha abanyamigabane (ba nyiri inyungu nyabo) bitarenze taliki 31 Ukwakira 2023