Kwandikisha Umushinga/Ubucuruzi mu Rwanda.
Bikorwa online; Uburyo bworoshye cyane kandi bwihuta.
Amakuru y' Ibanze Ukeneye Kumenya Mbere yo Kwishyura Imisoro mu Rwanda, uku Kwezi.
Ntimucikanwe n’ Italiki ntarengwa n' Amakuru y' Ingenzi.
IVUGURURA KU BICIRO BY’ IBIGORI
Bishingiye ku kuba bihunguwe cyangwa bidahunguwe ndetse n’ ikigero byumyeho
Ibintu byo kumenya mbere yo kwandikisha umushinga mu Rwanda(RDB)
Birashoboka Online 100%
ABAHINZI MUHEREREYE I HUYE NTIMUCIKANWE KU MAHIRWE Y’ UBUTAKA
Mu karere ka Huye habaruwe ubutaka burenga hegitari 158 zitabyazwaga umusaruro kuri site zirenga 50
Umutekano wa Tin Number Yawe Ubu Urarinzwe Ntamuntu Wayiyitirira
Hehe no kongera kwitirirwa ibyo utaranguye kuri tin number yawe!
Koherereza Ibicuruzwa Hanze Y’igihugu (Igice Cya Mbere)
Ushobora kuba wibaza ese wakora iki ngo ibyo ukora nka Rwiyemezamirimo ubyoherereze hanze y’igihugu. Sibyo? Nka Rwiyemezamirimo muta ugitnagira rwose menya ko ibyo ukora wanabicuruza hanze mugihe wabonye ababikeneye. Soma iyi nkuru maze usobanukirwe inzira ucamo ngo bishoboke ucuruze ibyo ukora hanze y'igihugu.
Ibyo Ukeneye Kumenya Kugira Utsindire Amasoko ya Leta (Igice Cya Kabiri)
Ba Rwiyemezamirimo benshi bakiri bato bazi ko ibijyanye n'amasoko ya leta ari ubwiru kandi Hari abo byagenewe mees ko bo atari ibyabo. Ariko siko kuri. Amasoko ya leta afite ibyo akurikiza kandi ibo akurikiza ntabwo ari ibanga. Ni ubumenyi buri wese akwiye kumenya. Muri ino nkuru, turabasangiza igice cya kabiri kubijyanye n'amasoko ya leta.
Twihugure Ku Imisoro: - Ibihano by’Umusoro Ku Nyongeragaciro- Igice Cya Kabiri
Nkuko twabivuze mu nkuru ibanziriza iyi ku umusoro nyongeragaciro, ni Itegeko. Iyo utubahirije Itegeko ryashwizweho bikurura ibihano/ihazabu. Ese kubijyanye no kutubahiriza umusoro nyongeragaciro hatehaganywa iki? Wari uzika hari nigihembo/amashimwe agenerwa uwabashishe kumenyakanisha ukwepa imisiro?
Twihugure Ku Imisoro:Umusoro Ku Nyongeragaciro-Igice Cya Mbere
Nta misoro igihugu ntabwo cyakubakwa nkuko bikwiye. Ni inshingazo za buri munyarwanda n'umutura Rwanda wese gutanga imisoro iteganyijwe maze buri wese agire uruhare mu iterambere ry'igihugu. Sobanukirwa umusoro ku Nyongeragaciro Igice Cya Mbere
Bizinesi Eshanu (5) Ushobora Gutangira Nta Gishoro
Gutangira kuri benshi biragora kubera ko hari ikibazo cyo kubona igoshoro. Ariko se buri wese utangira ni uko abafite igishoro kinini? Oya. Kenshi bitewe na bizinesi hari bizinesi zitangira ari ntoya bidasabye igishoro gihanitse.
Ibyo Ukeneye Kumenya Utsindire Amasoko ya Leta (Igice Cya Mbere)
Ba Rwiyemezamirimo bafite bizinesi ntoya bakeka ko gutsindira isoko ryo gutanga serivisi cyangwa ibicuruzwa kuri leta Hari abo byahariwe mbese bo bitabareba. Ntabwo aribyo. Kenshi amasoko ya leta y'u Rwanda Hari uburyo atangwa mbese kuburyo buri wese yemerewe guhatana pfa kuba yujuje ibisabwa.